Amakuru
-
Rusizi:40% by’umusaruro w’umuceri uteganyijwe mu cyanya cya Bugarama umaze kubona abaguzi
Impuzamashyirahamwe y’abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama iratangaza ko 40% by’umusaruro uboneka muri iki cyanya cy’umuceri zimaze kugurwa na ba…
Soma» -
Rusizi:Happy Kids School Mashesha yaruhuye ababyeyi
Happy Kids School ni ikigo giherereye mu kagari ka Mashesha mu murenge wa Gitambi ho mu Karere ka Rusizi mu…
Soma» -
Ntabwo ubumwe bwacu twabugeraho tutarikumwe:-Depite Uwumuremyi Marie Claire
Ni ubutumwa bwagarutsweho kuri uyu wa 28 Mutarama 2025 ,ubwo itsinda ry’abakozi b’umutwe w’abadepite basuraga umurenge wa Nyakabuye mu ngendo…
Soma» -
Rusizi:Bararira ayo kwarika nyuma yo gutanga ibikoresho byo kubaka Maternite bakamburwa
Abaturage batanu batanze ibikoresho byo kubaka inzu y’ababyeyi(Maternite) mu kigo nderabuzima cya Nyakabuye giherereye mu mudugudu wa Bikinga mu kagari…
Soma» -
Nyamasheke:Kaminuza ya Kibogora yorohereje abajyaga gushaka ubumenyi mu bihugu byo mu Karere
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mutarama 2025 ,ubwo iyi Kaminuza ya Kibogora Polytechnic yashyiraga ku isoko…
Soma» -
Nyamasheke:Gitifu ntiyemeranya n’umushinja kumusagararira
ku wa kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 nibwo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke mu ntara…
Soma» -
Nyamasheke:Batanu bafashwe basengera ahatemewe beretswe itangazamakuru
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 ,Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na Polisi y’igihugu RNP beretse…
Soma» -
Rusizi:Abaturage ntibemeranywa na Cimerwa ku igenagaciro barigukorerwa
Hari abaturage bo mu mudugudu wa Nyamaronko na Rukamba mu kagari ka Mashyuza mu Murenge wa Nyakabuye mu karere ka…
Soma» -
Paruwasi ya Nyakabuye yo muri Diyosezi ya Cyangugu yungutse urugo rushya rw’ababikira
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2025 nibwo Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu Nyiricyubahiro Musenyeri Edouard Sinayobye yashyikirije ku…
Soma» -
Hari abaje gucyemura ikibazo cya Congo badahereye mu mizi:-Prezida Kagame
Presida Kagame yavuze ko biri mu Burasirazuba bwa DRC byatumye hagira ibihugu byinshi bibizamo bije kubikemura ariko bikabikemura nabi. Avuga…
Soma»